Tuesday, August 20, 2019

Education! Means to Refine your talent and dreams not an end. Dr. RWAKISETA Herbert I Mindlab Inc

MindLab Motivational evening*

*Kuwa 17/08/2019*

.Insanganyamatsiko:

 *(Topic: why education is just a mean not an end user to refine your dreams?)*

Twabashije kwiga byinshi bitandukanye, aho twagize umwanya uhagije wo gukurikorana guest of the day: Dr. Herbert Rwakiseta watuganirije nyimbitse uburyo education ari ngombwa kandi ari ingenzi mubuzima bwacu bwa buri munsi ndetse nubw'ejo hazaza, 


                                  Dr. RWAKISETA Herbert during the Motivational Evening at SOL Cafe

ariko yadusobanuriye neza ko, nkuko imibare y'ubushakashatsi (research) igaragaza ko mu Rwanda abarenga 3,000 barangiza kaminuza (Graduates) buri mwaka ariko 20% nibo nonyine babasha kubona akazi, atwereka by'umwihariko kuki 80% ndetse batakanona? Ese bo banjya hehe? Ubundi se biterwa ni iki??


Umutumirwa wacu Dr. Herbert yatangiye atwereka neza ko education ikoresha caluculum zakozwe naba koroni (colonials) kandi ko zakorerwaga abana babo muri biriya bihe byashize, adusobanurirako atari education ikwiye kukugira uwo warose kuzaba ahubwo education niyo ikwiye kukubera ikiraro (brigue) ikugeza kuwo wifuje kubazaba.


• Yakomeje atubworako ntago ari education ahibwo ni ubwenge (skills) kandi izo skills cyangwa ubwo bwenge ntago tuzabukura mw'ishuri, kuk mwishuri baduha amadomo nayo bayaduha bakurikije caluculum zakozwe nabakoroni, bamara kuziduha ntibatwereka ko dufite gukomera mu twebwe (greatness in us) : impano zitandukanye: koga (swimming), kuririmba (singing), gushushanya (Arts & designs) nibindi byinshi bikwiye kutugira abantu bibitangaza kurusha ko twatekerezako nyuma yo kurangiza amashuri yacu tuzaba tubaye ibitangaza cyangwa ko igihugu cyacu kizaduha akazi.
• Dr.Herbert yanasobanuye neza ko
.Kwigirira icyizere (Self Confidence)
.Kwisobanukirwa (Self image)
.Kwikunda (Self Love) 
Ibi byose kumashuri batabitwigisha kandi abo badukoreye ingenga bihe (Caluculum) bo bazi kubyigisha abana babo.


Dr.Herbert akomeza adushishikariza ko dukwiye kwiga amashuri ariko nyuma yamashuri dukwiye gushakisha ubundi bumenyi, kwigirira icyizere ndetse no gubinduka mumyumvire kandi tugahindura nabandi..., 
Akaba ari nayo ntego nyamukuru ya mindlab, Transforming minds into agents of change.

Dr.Herbert yarangije Motivational evening ashishikariza abitabiriye kugenda bakigisha abasigaye, ndetse anasabako bazatumira abandi kuwa Gatandatu uzakurikira, abibutsako Motivational evening iba buri wa GatabGatabdatu kuwa 16:00h - 18:00h


Prepared by 
Desire Barushimana- Memeber Mindlab Mentorship Village